Itangazo Rya Cyamunara Muri Engie Energy Access Rwanda

Itangazo Rya Cyamunara Muri Engie Energy Access Rwanda

CYAMUNARA RWANDA Ltd

Rate this employer

 

Select ratingGive it 1/5Give it 2/5Give it 3/5Give it 4/5Give it 5/5

Give it 1/5

Give it 2/5

Give it 3/5

Give it 4/5

Give it 5/5

Average: 3.2 (17 votes)

 

CYAMUNARA RWANDA LTD Tin : 111531653 / Tel : 0787334130 / NYARUGENGE-KIGALI www.cyamunararwanda.rw / Email : cyamunararwanda@gmail.com  

ITANGAZO RYA CYAMUNARA MURI ENGIE ENERGY ACCESS RWANDA

CYAMUNARA RWANDA Ltd,sosiyete ya mbere mu Rwanda mu kugurisha hakoreshejwe ipiganwa ry’ibiciro
CYAMUNARA”imitungo yimukanwa n’itimukanwa y’ibigo bya Leta,imiryango idaharanira inyungu,amasosiyete y’ubucuruzi
n’abantu ku giti cyabo,ibiherewe ububasha na sosiyete ENGIE ENERGY ACCESS RWANDA yahoze yitwa MOBISOL iramenyesha abantu bose babishaka kandi babifitiye ubushobozi ko kuwa mbere taliki 10/11/2025 saa tanu z’amanywa izagurisha mu cyamunara imitungo ikurikira: 

NOIGIKORERESHO INGANO
Kontineri 40 feet 4
Imirasire(paneau solaire) 5000
Ibindi FF

Gusura iyo mitungo bikorwa buri munsi mu masaha y’akazi aho iherereye mu mujyi wa Kigali I gahanga muri zone industriel aho ENGIE ENERGY ACCESS RWANDA ikorera hamwe na HCR haruguru ya Master steel iruhande rwa AMACO PAINTS ari naho cyamanara izabera. 

CYAMUNARA RWANDA IRIBUTSA ABAZITABIRA CYAMUNARA IBIKURIKIRA: ✔ Cyamunara izabera mu ruhame hakoreshwa gupiganisha ibiciro mu magambo. 

✔ Uwifuza kugura muri iyi cyamunara asabwa kwishyura cash amafaranga ibihumbi bitanu 5,000 RWF yo kwiyandikisha ku rutonde n’ ingwate y’ipiganwa ya Miliyoni imwe (1,000,000RWF) aherwaho mukwishyura. 

✔ Uguze ibigize Lot asabwa kwishyura ikiguzi cyose 100% ako kanya no gutwara ibyo yaguze bitarenze umunsi ukurikira uwa cyamunara atabyubahiriza agasabwa kwishyura amafaranga 10,000 RWF y’uburinzi buri munsi w’ubukererwe. 

✔ Ingwate y’ipiganwa isubizwa ako kanya cyamunara irangiye kubataguze. 

Ukeneye ibindi bisobanuro hamagara 0787334130 cg 0788822147 Amafoto y’ibigurishwa,izindi cyamunara dufite murazisanga ku rubuga www.amatangazo.com 

Bikorewe i Kigali, kuwa 4/11/2025 NDEREYIMANA Mathias

Umuyobozi Mukuru

CYAMUNARA RWANDA Ltd

Attachment

attachment_file_c0bf23508f544ce1c91e